Afrika yavuze ko intego ye ari ugukemura ibibazo byose biri muri sosiyete kurusha guharanira inyungu ze bwite.
Amaze kubona ko abantu bafite ubumuga basa nk’abahejejwe inyuma muri sosiyete kuko badahabwa amahirwe yo gukora ngo biteze imbere, yagize igitekerezo cyo gutangira kubatoza cyane cyane abatabasha kumva no kuvuga.
Nyuma yo guhugurwa bahabwa akazi mu ruganda rwa Afrolago.
Iradukunda yemeza ko ashoboye kandi ko kugira ubumuga bidahwanye no kudashobora gukora cyangwa se kwiteza imbere.
Reba amashusho agaragaza imikorere ya Iradukunda na Sosiyete akorera
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!