Iyi mirambo iri mu igera ku 176 yatahuwe na polisi mu igenzura yakoze ku rupfu rw’imfungwa yashinjwaga kugira uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru mu Ukwakira umwaka ushize.
Benshi bapfuye bazize impamvu zisanzwe nk’uko byatangajwe na Cecilia Villanueva, umuyobozi w’agateganyo ushinzwe serivisi z’ubuzima n’imibereho myiza mu rwego rw’amagereza.
Villanueva yavuze ko imirambo 127 yari yaratangiye kwangirika ndetse ntibyashobokaga ko ikorerwa isuzuma rya muganga.
Iyo mirambo yasanzwe mu nzu y’uburuhukiro mu Ukuboza 2021 ndetse imiryango y’abapfuye igwiriyemo ikennye ntiyari yarigeze igaragaza ko yabuze abayo.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!