Uru rubyiruko rugaragaza ko rufite umukoro wo kwiga rugasobanukirwa byuzuye amateka y’u Rwanda by’umwihariko avuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo rubashe guhangana n’abapfobya cyangwa bagahakana Jenoside, no kumena uko rusobanurira abandi amateka y’u Rwanda.
IGIHE yaganiriye na bamwe mu rubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu mujyi wa Kigali, bamwe bakomoza ku buhamya bw’ibyababayeho abandi bavuga ku cyo babona urubyiruko ruri munsi y’imyaka 30 y’amavuko rukwiye gukora.
Kurikira ubuhamya bw’urubyiruko mu mashusho
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!