Iyi ndirimbo yahimbwe ku ngoma ya Kigeli Rwabugili ahasaga mu wa 1883, ikaba imaze gusubirwamo n’abahanzi bagera kuri batatu.Abayisubiyemo bazwi mu mateka y’u Rwanda muri bo twavuga: ”Mahwehwe, Rujindiri Berinarudo na Intore Masamba Alphonse.
Iyi ndirimbo ifite amateka yihariye uhereye ku ihimbwa ryayo, uwayihimbye n’impamvu. Kurikira ikiganiro usobanukirwe.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!