Itangazo ryashyizwe hanze na RMC kuri iki Cyumweru, rivuga ko uwo muryango wifurije Abayisilamu bose kuzagira igisibo cyiza.
Igisibo cya Ramadan ni ukwezi gutagatifu ku bayisilamu aho biyiriza, bagahurira mu masengesho bakanasangira amafunguro ku mugoroba, ari nako bakora ibikorwa by’urukundo.
Igisibo gisozwa n’umunsi mukuru w’igitambo, Eid al-Fitr.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!