00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Social Mula yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Rurayunguruye’

Yanditswe na

Bukuru JC.

Kuya 31 July 2014 saa 04:16
Yasuwe :

Social Mula wamenyekanye mu ndirimbo Abanyakigali, Agakufi, Hansange yakoranye na Big Farious n’izindi yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye yise Rurayunguruye.
Mu kiganiro gito yagiranye na IGIHE ubwo yatugezagaho aya mashusho yashimangiye ko yamuhaye icyizere cyo kuzongera kugaruka mu bihembo bya Salax Awards ikamuhesha guhatanira Best Video Award 2014.
Social ati, “Nkurikije uko nayikoze, nkareba uko nabyitwayemo mu ifatwa ry’amashusho yayo, ni video nziza kandi nanjye ubwanjye (...)

Social Mula wamenyekanye mu ndirimbo Abanyakigali, Agakufi, Hansange yakoranye na Big Farious n’izindi yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye yise Rurayunguruye.

Mu kiganiro gito yagiranye na IGIHE ubwo yatugezagaho aya mashusho yashimangiye ko yamuhaye icyizere cyo kuzongera kugaruka mu bihembo bya Salax Awards ikamuhesha guhatanira Best Video Award 2014.

Social ati, “Nkurikije uko nayikoze, nkareba uko nabyitwayemo mu ifatwa ry’amashusho yayo, ni video nziza kandi nanjye ubwanjye narayishimiye. Iyi ni imwe mu mavidewo yanjye nishimiye, yantwaye umwanya na Producer wanjye abimfashamo”

Akomeza agira ati, “Mfite icyizere ko uburyo ikozemo buzampesha amahirwe yo kongera kwitabira Salax Awards kuko ni video nziza . Mboneyeho umwanya wo gushimira aba Producers bayikoze mu majwi n’amashusho nkanashimira abamfashije bose kugira ngo nyishyire hanze”

REBA RURAYUNGURUYE YA SOCIAL:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages
. . . . . .