Izi mpinduka zagaragaye ku wa Mbere Tariki 15 Mata mu 2024, ubwo habaga umuhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda Abofisiye 624 bari bamaze igihe batorezwa mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Gako mu Karere ka Bugesera.
Mu bindi byagaragaye kuri uwo munsi, ni uko indahiro abasirikare bashya bakoze hari ijambo ryari risanzwe rimenyerewe risoza rivuga ngo ‘Imana ibifamshemo’ ritumvikanye, bijyanye na Sitati nshya igenga ingabo z’u Rwanda.
Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi usobanukirwe n’izi mpinduka zakozwe
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!