The Ben aje mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho aje kwitabira igitaramo kizabimburira ibindi muri 2017 cyiswe East African Party, gitegurwa na East African Promoters.
Iki gitaramo kizabera muri Parikingi ya Stade Amahoro kuya 1 Mutarama 2017.
TANGA IGITEKEREZO