Ingero:
Mu myandikire y’Ikinyarwanda hari ibihekane bitandikwa kuko iyo byanditswe usanga nta cyo byongera ku ijwi rigambiriwe kwandikwa. Ibyo bihekane ni “(n)jy”, “(n) cy, iyo bikurikiwe n’inyajwi “i” cyangwa “e” mu mwanya wabyo handikwa “( n ) gi”, “(n)ge”, “(n)ki na (n)ke. Ibyo bihekane byandikwa gusa iyo bikurikiwe n’inyajwi “a”, “o” na“u”.
Ingero:
TANGA IGITEKEREZO