Chijioke Kingsley Agu wunganiraga uyu musore w’imyaka 23 mu mategeko, yabwiye BBC ko ikirego cyo mu rukiko rukuru rwa Abuja, cyakuweho n’Ubushinjacyaha ku mpamvu z’uko umukiliya we yahawe imbabazi.
Uyu musore uri mu mwaka wa nyuma wa kaminuza yashinjwaga kuba yaranditse ku mbuga nkoranyambaga amagambo yibasira Aisha Buhari, agaragaza ko afite umubyibuho ukabije ndetse anamushinja kunyereza umutungo wa leta.
Ibi byatumye akurikiranwaho ibyaha bibiri birimo gusebanya no gukwirakwiza ibihuha.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!